Tag Archives: Rwanda environment

Nyanza: giving out more land for environmental conservation

May 16th, 2013

Nyanza: giving out more land for environmental conservation

The special meeting that convened on Monday the 13th.May.2013 and prepared by Nyanza district forestry task force requested increase of forestry hectares from 11% land to 30%. This will be done in the whole of Nyanza district with much emphasis on Amayaga area. Engineer Philbert Usengimana the forestry officer in Nyanza district says this goal [...]

Abaturage bateye ibiti

May 15th, 2013

Rutsiro : Abaturage bateye ibiti ku nkengero z’imigezi ya Sebeya na Muregeya barishyuza miliyoni n’ibihumbi 300

Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo witwa Mugwiza Martin watsidiye isoko ryo gutera ibiti ku nkengero z’imigezi ya Sebeya na Muregeya mu karere ka Rutsiro bavuga ko hari amafaranga yasigaye angana na miliyoni imwe n’ibihumbi 300 bagombaga kwishyurwa mu mpera z’umwaka ushize wa 2012 ariko batarabona, rwiyemezamirimo akaba avuga ko azabishyura ari uko akarere kabanje kumwishyura, ariko akarere [...]

Hamwe na hamwe abaturage bumvishe akamaro ko gutera ibiti

May 15th, 2013

Nyanza: Ubuso buteweho amashyamba bugiye kongerwa mu gice cy’amayaga

Mu karere ka Nyanza imirenge ya Busoro, Ntyazo na Kibilizi ifatwa ko iherereye mu gice cy’amayaga igiye kwitabwaho mu kuyongeraho ubuso buteweho amashyamba ndetse n’ibiti bivangwa n’imyaka mu mirima. Iyo mirenge izitwabwaho kurusha ahandi mu karere ka Nyanza ngo bitewe n’uko ariho hagaragara amashyamba make mu karere. Mu nama isanzwe iba rimwe mu gihembwe yabaye [...]

FONERWA yahuguye abakozi b’akarere ka Rulindo ku bijyanye no kubungabunga ibidukikije.

May 12th, 2013

FONERWA yahuguye abakozi b’akarere ka Rulindo ku bijyanye no kubungabunga ibidukikije.

Ikigega cyo kubungabunga ibidukikije FONERWA cyatanze amahugurwa ku bakozi mu karere ka Rulindo ku birebana no kubungabunga ibidukikije, nk’uko biri mu nshingano zacyo. Nyuma yo gusobanurirwa FONERWA icyo ari cyo, imikorere yayo ,basobanuriwe kandi bamenyeshwa ko hari imishinga  ishobora guterwa inkunga na FONERWA. Nyuma y’ikiganiro cyatanzwe n’abahagarariye FONERWA,kuri uyu wa kane, ubwo bari mu karere [...]

May 2nd, 2013

Nyamagabe: Kubungabunga ibidukikije byagarutsweho mu nama y’umutekano.

Mu nama y’umutekano y’Akarere yaguye yabaye tariki ya 29/04/2013, byagaragaye ko ibikorwa byangiza umutekano bishingiye ku iyangizwa ry’ibidukikije bikigaragara hirya no hino mu karere, aho amashyamba ya Leta ari mu misozi y’Ibisi mu murenge wa Kamegereri akomeje gutwikwa, ndetse no gushimuta inyamaswa muri Pariki y’igihugu ya Nyungwe. Muri iyi nama, buri wese yasabwe gutanga umusanzu [...]

Umuhanda wa Ruhango-Kinazi ukozwemo umuganda nyuma y’ aho utangiye kwangizwa n’ibiza

Apr 30th, 2013

Ruhango: Barasabwa kurwanya Ibiza mbere y’igihe

Abatuye mu karere ka Ruhango barakangurirwa kuba maso igihe cyose bagakumira  ibiza biterwa n’impamvu zinyuranye . Ubu ni bumwe mu butumwa  bwatanzwe n’umuyobozi w’akarere  ka Ruhango Mbabazi François Xavier, mu gikorwa cy’umuganda ngarukakwezi wabaye tariki 27/4/2013. Muri Uyu muganda hakozwe ibikorwa byo kurwanya isuri, hasiburwa umuhanda wa Ruhango-Kinazi ngo urusheho kuba nyabagendwa ku binyabiziga n’abagenzi [...]

Apr 25th, 2013

Government to relocate Rwandans in endangered areas

Rwandan families living in houses located on steep hillsides and around marshlands which are identified as high risk zones will be relocated to new settlements not later than September this year. This was one of the resolutions made by the government officials during a quarterly meeting that brings together different government institutions to discuss projects [...]

Apr 3rd, 2013

Barashaka uko batunganya ikiyaga cya Rugando bakajya bahibukira abahaguye

Abatuye mu mudugudu wa Kimeya mu kagari ka Kigarama mu murenge wa Kigina bavuga ko hari icyuzi cyashyizwemo abantu benshi mu gihe cya jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, ariko kugeza n’ubu bakaba barabuze uko bashyingurwa mu cyubahiro kubera ko habuze uburyo bakurwa muri ayo mazi,  kuri ubu ikigo cy’igihugu gishinzwe kubungabunga ibidukikije kikaba cyarahasuye gisanga [...]

Mar 27th, 2013

Rulindo: Abaturage barasabwa gusiba Ibyobo byose birangaye.

Mu karere ka Rulindo hari ahantu hamwe na hamwe hakunze kuboneka ibyobo,iyo ubajije iby’ibo byobo abaturage bavuga ko biba byacukuwemo imicanga, cyangwa amabuye ku baba bashaka ibyo gukoresha mu bwubatsi. Ibyo byobo ubona ko biba birangaye ku buryo bishobora kuba  byahungabanya ubuzima bw’ibinyabuzima utaretse n’ubw’abantu. Nyamara iyo ubajije bamwe mu baturage baba baturiye ibyo byobo [...]

Mar 27th, 2013

Gishwati: abaturage bihanangirijwe gukomeza kwangiza ibiti byatewe

Abaturage bo mu turere twa Nyabihu na Rubavu barihanangirizwa kudakomeza kwangiza ibiti byatewe mu kubungabunga ishyamba rya Gishwati ahubwo bagahamagarirwa kuribungabunga birinda ko ibyabaye 2007 byakongera kuba kuko kwangirika kwaryo byangije byinshi muri iki gihe. Minisitiri w’umutungo Kamere Stanislas Kamanzi nyuma yo gusura ishyamba rya Gishwati agasanga hari hegitare zisanga 50 z’ibiti byatewe kuva 2010 [...]

 
  Enter your email address