May 15th, 2013
Abaturage bakoreye rwiyemezamirimo witwa Mugwiza Martin watsidiye isoko ryo gutera ibiti ku nkengero z’imigezi ya Sebeya na Muregeya mu karere ka Rutsiro bavuga ko hari amafaranga yasigaye angana na miliyoni imwe n’ibihumbi 300 bagombaga kwishyurwa mu mpera z’umwaka ushize wa 2012 ariko batarabona, rwiyemezamirimo akaba avuga ko azabishyura ari uko akarere kabanje kumwishyura, ariko akarere [...]
May 15th, 2013
Mu karere ka Nyanza imirenge ya Busoro, Ntyazo na Kibilizi ifatwa ko iherereye mu gice cy’amayaga igiye kwitabwaho mu kuyongeraho ubuso buteweho amashyamba ndetse n’ibiti bivangwa n’imyaka mu mirima. Iyo mirenge izitwabwaho kurusha ahandi mu karere ka Nyanza ngo bitewe n’uko ariho hagaragara amashyamba make mu karere. Mu nama isanzwe iba rimwe mu gihembwe yabaye [...]
May 10th, 2013
Mu gihe bivugwa ko ibiyaga bitabungabunzwe ngo birindwe bishobora gukama, umushinga LVEMP ukorera muri REMA, watangije ibikorwa byo kubungabunga ikiyaga cya Rweru bikazatwara amafaranga asaga miliyoni 200 ‘amafaranga y’ u Rwanda. Imirimo yo kubungabunga iki kiyaga izibanda ku kurwanya isuri kuko yazanaga ibitaka ibikuye kumisozi ikabijyana mu gishanga, mubindi bizakorwa harimo no no gukuramo [...]
Apr 30th, 2013
Abatuye mu karere ka Ruhango barakangurirwa kuba maso igihe cyose bagakumira ibiza biterwa n’impamvu zinyuranye . Ubu ni bumwe mu butumwa bwatanzwe n’umuyobozi w’akarere ka Ruhango Mbabazi François Xavier, mu gikorwa cy’umuganda ngarukakwezi wabaye tariki 27/4/2013. Muri Uyu muganda hakozwe ibikorwa byo kurwanya isuri, hasiburwa umuhanda wa Ruhango-Kinazi ngo urusheho kuba nyabagendwa ku binyabiziga n’abagenzi [...]
Apr 30th, 2013
Gicumbi district council has approved the request of the administrative council to use the forests in raising enough money for development activities. Jean Baptiste Bizimana, president of the district council explains that the decision comes after money from residents’ taxes proved insufficient to fund the district’s planned projects when ready to use trees in the [...]
Mar 27th, 2013
Abaturage bo mu turere twa Nyabihu na Rubavu barihanangirizwa kudakomeza kwangiza ibiti byatewe mu kubungabunga ishyamba rya Gishwati ahubwo bagahamagarirwa kuribungabunga birinda ko ibyabaye 2007 byakongera kuba kuko kwangirika kwaryo byangije byinshi muri iki gihe. Minisitiri w’umutungo Kamere Stanislas Kamanzi nyuma yo gusura ishyamba rya Gishwati agasanga hari hegitare zisanga 50 z’ibiti byatewe kuva 2010 [...]
Mar 20th, 2013
NYAGATARE-Abacuruzi bakoresha umupaka wa Buziba, umwe mu mipaka ihuza Urwanda na Uganda, barakangurirwa kutinjiza ibicuruzwa mu gihugu bipfunyitse mu masashi kuko yangiza ubutaka. Ibi ni ibitangazwa na Uwizeye Henrietta Shakira, umukozi wa REMA kuri uyu mupaka wa Buziba, aha akaba atangaza ko mu rwego rwo kurushaho kunoza imikorere myiza ,umucuruzi wazanye ibicuruzwa biri mu masashi [...]
Mar 6th, 2013
Bitewe n’agaciro igiti gifite mu Rwanda,haba mu kugikoresha gitanga ibicanwa,imbaho,mu bwubatsi,mu gukora ibikoresho bitandukanye,mu kubungabunga imisozi ihanamye n’ahandi harwanwa isuri, mu gutanga umwuka mwiza n’ibindi,abaturage bahamagarirwa kukitaho no kongera ubuso giteyeho. Nk’uko umuyobozi wungirije ushinzwe ubukungu n’iterambere mu karere ka Nyabihu Mukaminani Angela yabitangaje,mu karere ka Nyabihu haracyari ubuso bw’ubutaka bwambaye ubusa budateyeho ibiti cyane [...]
Mar 5th, 2013
Igiti gifite akamaro kanini mu nzego nyinshi. Haba mu buzima, mu bukungu, mu kurengera ibidukikije n’ahandi. Igiti gitanga umwuka mwiza “Oxygen”, gitanga ibicanwa, kivamo ibikoresho bitandukanye bikoreshwa mu bwubatsi butandukanye kandi gifasha mu kurwanya isuri no kurengera ibidukikije aho bikenewe. Maniraho Alexis umuhinzi w’ishyamba wabigize umwuga mu karere ka Burera avuga ko uwamenye agaciro k’igiti [...]
Mar 5th, 2013
Nyuma y’aho baherewe amahugurwa na IFDC, bamwe mu batwikaga amakara ku buryo bwa gakondo bwangiza ibidukikije,basobanukiwe n’uburyo bushya bwo gutwika amakara ndetse basanga ari nabwo butanga amakara meza kandi amara igihe kirekire,anavuye mu biti bike ugereranije n’ibyo bakoreshaga mbere. Turatsinze,perezida wa Koperative Igiti ni ingirakamaro ikorera mu murenge wa Mukamira,avuga ko ibyiza by’uburyo bwo gukora [...]
Copyright © 2013 Ibidikukije – Kinyarwanda, Rwanda Nature, Africa Natural Beauty, Rwanda Environment, Rwanda Forestry, Green Planet.