Abaturage barasabwa kumenya k’igiti no kongera ubuso bw’ahateye amashyamba

Mar 6th, 2013

30% by’ubuso buteganijwe kuba buteyeho ibiti mu Rwanda muri 2020

Bitewe n’agaciro igiti gifite mu Rwanda,haba mu kugikoresha gitanga ibicanwa,imbaho,mu bwubatsi,mu gukora ibikoresho bitandukanye,mu kubungabunga imisozi ihanamye n’ahandi harwanwa isuri, mu gutanga umwuka mwiza n’ibindi,abaturage bahamagarirwa kukitaho no kongera ubuso giteyeho. Nk’uko umuyobozi wungirije ushinzwe ubukungu n’iterambere mu karere ka Nyabihu Mukaminani Angela yabitangaje,mu karere ka Nyabihu haracyari ubuso bw’ubutaka bwambaye ubusa  budateyeho ibiti cyane [...]

Mar 5th, 2013

harateganywa kuzashyirwaho urugaga rw’abahinzi b’amashyamba n’abakora ibicanwa biyakomokah

Igiti gifite akamaro kanini mu nzego nyinshi. Haba mu buzima, mu bukungu, mu kurengera ibidukikije n’ahandi. Igiti gitanga umwuka mwiza “Oxygen”, gitanga ibicanwa, kivamo ibikoresho bitandukanye bikoreshwa mu bwubatsi butandukanye kandi gifasha mu kurwanya isuri no kurengera ibidukikije aho bikenewe. Maniraho Alexis umuhinzi w’ishyamba wabigize umwuga mu karere ka Burera avuga ko uwamenye agaciro k’igiti [...]

Mar 5th, 2013

Nyabihu: Basobanukiwe n’uburyo bushya bwo gukora amakara butangiza ibidukikije

Nyuma y’aho baherewe amahugurwa na IFDC, bamwe mu batwikaga amakara ku buryo bwa gakondo bwangiza ibidukikije,basobanukiwe n’uburyo bushya bwo gutwika amakara ndetse basanga ari nabwo butanga amakara meza kandi amara igihe kirekire,anavuye mu biti bike ugereranije n’ibyo bakoreshaga mbere. Turatsinze,perezida wa Koperative Igiti ni ingirakamaro ikorera mu murenge wa Mukamira,avuga ko ibyiza by’uburyo bwo gukora [...]

Mar 4th, 2013

Musanze: students trained on environmental conservation

Students from Kinigi and Nyange sectors of Musanze District on Wednesday the 27th.Feb.2013 ended training about environment conservation to be able to participate in protecting the environment at a young age. According to SACOLA (Sabyinyo Community livelihood Association) that operates in both sectors, students are capable of protecting the environment in many ways. Apart from [...]

Uburyo bushya bwo gutwika amakara budahungabanya ibidukikije butumye batera imbere

Mar 3rd, 2013

Uburyo bushya bwo gutwika amakara budahungabanya ibidukikije butumye batera imbere

Uburyo bushya bwo gutwika amakara budahungabanya ibidukikije butumye batera imbere Abanyamuryango ba koperative “Igiti ni ingirakamaro” bavuga ko nyuma yo guhabwa ubumenyi butandukanye bwo kubona amakara ku buryo butangiza ibidukikije, bahawe na IFDC SEW bungutse byinshi. Bimwe mu byo bungutse birimo umusaruro w’ amakara wiyongereye mu bwiza, mu bwinshi ndetse no mu burambe kuburyo basanga [...]

Mar 2nd, 2013

Public warned over bush burning

  The public has been advised against bush burning because it has negative effects on the environment and one of the greatest challenges facing humanity. Bush burning is responsible for deforestation, desertification, pollution, and climate change. Environmental degradation in turn increases the vulnerability of the societies and contributes to the scarcity of natural resources. Cases [...]

Mar 2nd, 2013

Kayonza: Ndego residents use trench to stop hippos’ invasion

Residents of Ndengo sector in Kayonza district are making a big trench around Lake Rwakigeri in Akagera Park to stop Hippopotamus from destroying their crops as well as conserving the environment especially for people who farm on the banks of this lake. With the ongoing information that the Akagera National Park will be fenced but [...]

Mar 2nd, 2013

Musanze – Abana bigishijwe akamaro k’ibidukikije ngo nabo batangire kubibungabunga

 Abana baturuka mu mirenge ya Kinigi na Nyange y’akarere ka Musanze, kuri uyu wa gatatu tariki 27/2/2013 bashoje amahugurwa agamije kubakangurira akamaro k’ibidukikije, maze batangire kubibungabunga bakiri bato. Uretse kuba banabibungabunga, ngo abana bahura n’abantu b’ingeri zitandukanye, kuburyo ubutumwa bwiza bajyanye busakara hose mu gihe gito, nk’uko byatangajwe n’umuyobozi wa SACOLA (Sabyinyo Community livelihood Association) [...]

Feb 28th, 2013

Ndego: Abaturage bari gucukura umuferege ukumira imvubu za Parike y’Akagera zibonera imyaka

  Abaturage bo mu murenge wa Ndego mu karere ka Kayonza bari gucukura umuferege uzenguruka ikiyaga cya Rwakigeri cyo muri Parike y’Akagera, mu rwego rwo gukumira imvubu ziva muri icyo kiyaga zikabonera imyaka. Uretse kuba uwo muferege uzajya ukumira imvubu zigiye kona, ngo uzanagira akamaro kanini mu kubungabunga ibidukikije kuko uzaba ugabanya imbibe z’amasambu y’abaturage [...]

Feb 28th, 2013

Kayonza: Abafite amatanura mu bishanga barasabwa kuyimura

Abafite amatanura mu bishanga barasabwa kuyimura kuko nta tanura ryemerewe kuba mu gishanga. Itanura rigomba kuba muri metero nibura 20 uvuye ku nkombe z’igishanga, kandi rikaba ryubatse kijyambere ku buryo rikoresha izindi ngufu zitari izikomoka ku biti, mu rwego rwo kurushaho kubungabunga ibidukikije. Mu bigomba gutwikishwa itanura ngo harimo ibishishwa by’umuceri, ibarizo cyangwa hagashakwa ubundi [...]

 
  Enter your email address