Apr 3rd, 2013

Barashaka uko batunganya ikiyaga cya Rugando bakajya bahibukira abahaguye

Abatuye mu mudugudu wa Kimeya mu kagari ka Kigarama mu murenge wa Kigina bavuga ko hari icyuzi cyashyizwemo abantu benshi mu gihe cya jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, ariko kugeza n’ubu bakaba barabuze uko bashyingurwa mu cyubahiro kubera ko habuze uburyo bakurwa muri ayo mazi,  kuri ubu ikigo cy’igihugu gishinzwe kubungabunga ibidukikije kikaba cyarahasuye gisanga [...]

Apr 2nd, 2013

Rutsiro: Reserved force on environmental conservation program

Reserved force locally (Inkeragutabara) in Rutsiro district are taking the first step in conserving the environment starting with Lake Kivu, rivers, roads and natural forests of Mukura and Gishwati all in Gatsibo district. Though the reserved force has been responsible for environmental protection, they vowed to put in much effort after a 2 days training [...]

Inkeragutabara zirabungabunga ikiyaga

Mar 30th, 2013

Rutsiro: Inkeragutabara zirabungabunga ikiyaga cya Kivu n’amashyamba cyimeza ya Mukura na Gishwati

Inkeragutabara zo mu karere ka Rutsiro ziyemeje gufata iya mbere mu kurengera ibidukikije bahereye ku kiyaga cya Kivu, imigezi, imihanda ndetse n’amashyamba cyimeza ya Mukura na Gishwati aboneka muri ako karere. N’ubwo bari basanzwe bafite izo nshingano, inkeragutabara zivuga ko zigiye kongeramo ingufu nyuma yo kongererwa ubumenyi binyuze mu mahugurwa y’iminsi ibiri bagenewe n’ikigo cy’igihugu [...]

Mar 27th, 2013

Rulindo: Abaturage barasabwa gusiba Ibyobo byose birangaye.

Mu karere ka Rulindo hari ahantu hamwe na hamwe hakunze kuboneka ibyobo,iyo ubajije iby’ibo byobo abaturage bavuga ko biba byacukuwemo imicanga, cyangwa amabuye ku baba bashaka ibyo gukoresha mu bwubatsi. Ibyo byobo ubona ko biba birangaye ku buryo bishobora kuba  byahungabanya ubuzima bw’ibinyabuzima utaretse n’ubw’abantu. Nyamara iyo ubajije bamwe mu baturage baba baturiye ibyo byobo [...]

Mar 27th, 2013

Gishwati: abaturage bihanangirijwe gukomeza kwangiza ibiti byatewe

Abaturage bo mu turere twa Nyabihu na Rubavu barihanangirizwa kudakomeza kwangiza ibiti byatewe mu kubungabunga ishyamba rya Gishwati ahubwo bagahamagarirwa kuribungabunga birinda ko ibyabaye 2007 byakongera kuba kuko kwangirika kwaryo byangije byinshi muri iki gihe. Minisitiri w’umutungo Kamere Stanislas Kamanzi nyuma yo gusura ishyamba rya Gishwati agasanga hari hegitare zisanga 50 z’ibiti byatewe kuva 2010 [...]

Mar 27th, 2013

Nyabugogo: Youth cooperatives meet to solve flood problem

In a bid to protect the environment, four youth associations met in Nyabugogo for community work after River Mpazi flooded due to heavy rains and destroyed property in addition to claiming peoples lives. They include, “Young Water Professional” (Rwanda YWP), “Water, Sanitation and Hygiene Media” (Rwanda WASH Media), “Young Volunteers for Environment” (YVE-Rwanda), “Rwanda Youth Alliance for [...]

Mar 24th, 2013

Nyabugogo: Amashyirahamwe y’urubyiruko yahuriye mu muganda wo gutunganya ahangijwe n’imvura

Ku bufatanye bw’amashyirahamwe 4 y’urubyiruko akora ku bidukikije ariyo ; Rwanda YWP “Young Water Professional”, Rwanda WASH Media “Water, Sanitation and Hygiene Media”, YVE-Rwanda “Young Volunteers for Environment”na RYACA “Rwanda Youth Alliance for Climate Action” ndetse n’indi miryango nka waterAids, yahuriye mu gikorwa cyo gutunganya umugezi wa Mpazi Nyabugogo. Uyu muganda ukaba wakozwe mu rwego rwo kwita ku cyumweru cyahariwe [...]

GAHUNDA YO GUKUMIRA

Mar 20th, 2013

GAHUNDA YO GUKUMIRA AMASHASHI IRAKOMEJE, MU RWEGO RWO KWITA KUBIDUKIKIJE

NYAGATARE-Abacuruzi bakoresha umupaka wa Buziba, umwe mu mipaka ihuza Urwanda na Uganda, barakangurirwa kutinjiza ibicuruzwa mu gihugu bipfunyitse mu masashi kuko yangiza ubutaka. Ibi ni ibitangazwa na Uwizeye Henrietta Shakira, umukozi wa REMA kuri uyu mupaka wa Buziba,  aha akaba atangaza ko  mu rwego rwo kurushaho kunoza imikorere myiza ,umucuruzi wazanye ibicuruzwa biri mu masashi [...]

Mar 10th, 2013

Kuba igiti kidahabwa agaciro gakwiye, ngo ni uko nta bahinzi b’umwuga bahinga ishyamba.

Ngo kuba igiti kidahabwa agaciro gakwiye ni uko nta bahinzi b’umwuga bahinga ishyamba.Ibi bikaba ari ibyavuzwe na bamwe mu bahinzi b’amashyamba n’abakora ibikorwa byo kubyaza umusaruro amashyamba,mu karere ka Rulindo Ababahinzi b’amashyamba bakaba bagaragaza ko igiti cyangwa se ishyamba muri rusange kidahabwa agaciro nk’uko bikwiye.Ngo impanvu akaba ari uko nta bahinzi baboneka mu gihugu cyacu [...]

Rwanda plans to put aside part of its land for forestry in vision 2020

Mar 7th, 2013

Rwanda plans to put aside part of its land for forestry in vision 2020

With the value attributed to trees and forestry in Rwanda either for cooking, timber, construction and in making different tools, or conserving the environment, protecting erosion, providing cool breathing air, people are being called upon to increase the area with forestry. According to Angela Mukaminani the vice mayor for finance and economic development in Nyabihu [...]

 
  Enter your email address