Archive for: Inzuzi&Imigezi

Ikiraro cyakoreshwaga mbere gitandukanya akarere ka Kicukiro n’akarere ka Bugesera

Mar 21st, 2012

Rwanda : Ikiraro cy Akagera abenshi bakunda kukita kuri Nyabarongo kandi ari akagera

Ikiraro gihuza Akarere ka Kicukiro mu Murenge wa Gahanga n’aka Bugesera mu murenge wa Ntarama cyambuka umugezi ariko benshi ntibakunze kuvuga rumwe ku izina ryawo. Mukumenya impamvu bamwe bahita Nyabarongo kandi iyo uhageze hari icyapa gisobanura ko ari Akagera, bamwe mu baturage n’abayobozi babishinzwe bagize icyo babivugaho. Mu kiganiro na Rwema Alexis ni umuturage w’umurenge [...]

Mar 17th, 2012

Rwanda | Akagera River: A trail along the most remote headstream of the Nile River

At approximately 6.4 billion cubic metres of water a year, Akagera flows from the Eastern part of Rwanda towards Uganda where it pours into Lake Victoria. As it rolls down from Rwanda, it provides livelihoods. The long list of beneficiaries ranges from humans to wild animals. The Akagera River is the largest of the 23 [...]

Mar 2nd, 2012

Rwanda | Climatic nature of Bugesera district

The District of BUGESERA is one of the seven Districts of the Eastern Province of Rwanda. It is situated to the South West of the Province, between 3005 longitudes and 2009 latitude south and it covers a surface of 1337 Km2,   The District boarders with Nyarugenge and Kicukiro districts of Kigali City In the [...]

Barashishikarizwa gufata neza

Jan 26th, 2012

Barashishikarizwa gufata neza imigezi ijyana amazi mu kiyaga cya Karago

Ikiyaga cya karago kigomba kurindwa isuri Kwita ku bidukikije cyane cyane imisozi, amashyamba, imigezi, ibiyaga, inyamaswa n’ibindi ni bimwe mu bikorwa byitaweho cyane mu karere ka Nyabihu. Ni muri urwo rwego hafashwe gahunda yo kubungabunga ikiyaga cya Karago no kukirinda icyacyangiza cyane cyane isuri dore ko ariyo yakunze kukibasira mu bihe byashyize ikagenda yangiza ubuso [...]

Rubavu

Jan 24th, 2012

Rubavu: REMA trains local leaders on environmental protection

The Rwanda Environment Management Authority (REMA) on January 20 concluded one-week long environment protection training organised for grassroots leaders in Rubavu district. The leaders included Cell and Village Executive Secretaries and Sector agronomists. Explaining the aim of the training, the official in-charge of environmental preservation in Rubavu district Innocent Harerimana said that all the concerned [...]

REMA yahsoje amahugurwa

Jan 21st, 2012

REMA yahsoje amahugurwa y’abayobozi mu kurengera ibidukikije

Kuwa 20 Mutarama2012 nibwo Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Kurengera Ibidukikije REMA cyashoje amahugurwa y’abafatanyabikorwa bafite ibidukikije mu nshingano zabo mu karere ka Rubavu kose. Ubwo batangiraga aya mahugurwa kuva tariki 11 -20 Mutarama,2012 ku butumire bw’akarere ka Rubavu, REMA yegereye imirenge 12 igize aka karere bahugura abanyamabanga nshingwabikorwa b’utugari, abo mu midugudu, ba agoronome bo mu [...]

Dec 29th, 2011

Ibikorwa bya muntu ntibikwiriye kubangamira inzuzi, imigezi n’biyaga

Imigezi, inzuzi n’ibiyaga ni ahantu hagomba kurindwa kwangirika bitewe n’uko ari indiri y’ibinyabuzima bitandukanye kandi bifite akamaro, bikanaba isoko y’ubukungu mu gihe amazi ubwayo asukuye bizwi ko ari isoko y’ubuzima. Bityo bikaba bibujijwe gusatiriza ibikorwa by’ubuhinzi, inyubako n’ubworozi inzuzi, imigezi n’ibiyaga. Hari abaturage bamwe na bamwe batumva impamvu babuzwa guhinga hafi yibikorwa byavuzwe haruguru, ndetse [...]

Dec 13th, 2011

Rusizi: Icyambu cyo ku kiyaga cya Kivu i Rusizi gikorerwaho ibyangiza ibidukikije

Akarere ka Rusizi mu ntara y’uburengerazuba kavuga ko kabona ahari icyambu ku kiyaga cya Kivu i Rusizi hakorerwa ibikorwa byangiza ibidukikikije. Ibi ni ibivugwa n’umuyobozi w’akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturagenaho abakorera kuri icyo cyambu bagasanga bitoroshye kwimuka. Umuyobozi w’akarere ka Rusizi wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage Nirere Francoise avuga ko icyambu cya Rusizi ku [...]

Dec 6th, 2011

Abangiza isoko y’umugezi wa SEBEYA bongeye kwihanangirizwa

Ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro bukorewa mu kagari ka Rutagara mu murenge wa Muhanda ho mu karere ka Ngororero no mu kagari ka Kirwa mu murenge wa Murunda ho mu Karere ka Rutsiro  bukomeje kubangamira ibidukikije by’umwihariko umugezi wa Sebeya utanga amashanyarazi  n’amazi mu mujyi wa Rubavu . Icyo kibazo kimaze igihe kirekire cyarahagurukije abantu benshi  barimo [...]

Dec 6th, 2011

Inganda 14 ziri mu gishanga cya Magerwa zigomba kwimurwa.

Mu rwego rwo kubungabunhga ibidukikije, inyubako ziri mu gishanga cya Magerwa zigizwe n’inganda zigera kuri 14 ,amagaraje 15, ububiko bw’ibicuruzwa n’izindi zikorerwamo ibikorwa bitandukanye zigomba kuba zavuye mu iki gishanga mu gihe kingana n’imyaka 3. Ushinzwe iterambere ry’inganda muri minisiteri y’inganda , John Nkubana, yatangaje ko ibi bigiye gukorwa mu rwego rwo kubungabunga ibidukikije.Nkubana yagize [...]

 
  Enter your email address