May 18th, 2012
Mu gikorwa cy’umuganda udasanzwe wabaye kuwa 16/5/2012 mu Murenge wa Ruhuha, Minisitiri ushinzwe ibihugu by’afrika y’iburasirazuba Monique Mukaruriza yasabye abaturage gufata ubutaka butwarwa n’amazi. Ati “Buri muturage naharanire gucukura imirwanyasuri mu murima we kugirango ubutaka budakomeza kugenda kuko ubugenda ari ubwo hejuru kandi aribwo bwera”. Minisitiri Mukaruriza akaba yabwiye abaturage ko uyu muganda udasanzwe [...]
May 18th, 2012
Kimwe n’ahandi mu Rwanda kuri uyu wa 16 mu mudugudu wa Bwiza mu kagari ka Nyabikokora ho mu murenge wa Kirehe bitabiriye ibikorwa by’umuganda wari uteganijwe muri aka karere ka Kirehe. Nkuko bamwe mu batuye aka kagari babitangaza ngo uyu munsi w’umuganda bamaze iminsi bawubakangurira ariko bakaba baramenyereye umuganda wa nyuma w’ukwezi muri rusange aho [...]
May 18th, 2012
Ku mugoroba wok u itariki ya 15 Gicurasi 2012 umuhanda w’igitaka Zaza-Rwamagana wafunzwe n’ubuyobozi bw’akarere ka Ngoma kubera ikibazo cy’imvura nyinshi yateje umwuzure kuri metero eshatu z’ubujyakuzimu warengeye ikiraro kiri ahitwa Gisaya. Uyu mwuzure wafashe ahantu hangana na metro 300 z’umurambararo. Ubusanzwe abaturage mu kwitabara bari batangiye kwifashisha ubwato 5 bwambutsaga abantu bajyaga kwivuza kuko [...]
May 18th, 2012
Minisitiri muri perezidansi arasaba abatuye akarere ka Rulindo guhora basibura imirwanyasuri, mu rwego rwo guhashya amazi akomeje gutwara imihanda, imirima ndetse n’imyaka. Ibi minisitiri Tugireyezu Venantie yabivuze tariki 16/05/2012 ubwo yifatanyaga n’abanyarulindo mu muganda rusange udasanzwe, wabereye mu murenge wa Bushoki, ku muhanda Gasiza – Tare ureshya na kilometer 7,2. Abaturage basaga ibihumbi 3500 bitabiriye [...]
May 18th, 2012
Abaturage n’abayobozi ba Nyamagabe bari gushakira indi nzira umugezi washenye umuhanda. Abaturage bo mu karere ka Nyamagabe bafatanyije n’abayobozi b’akarere babyukiye mu gikorwa cyo kuyobya amazi y’umugezi wa Nkungu wari umaze igihe wuzura ndetse ukanasenya umuhanda wa kaburimbo uca muri aka karere werekeza i Rusizi. Iki gikorwa cyabaye mu rwego rw’umuganda udasanzwe wo guhangana n’ibiza [...]
May 17th, 2012
Mu gihe abaturage bo mu Karere ka Nyagatare bari baramutse biteguye umuganda udasanzwe wo gusana ibyangijwe n’ibiza, imvura yaramukiye ku muryango ituma uwo muganda utaba nk’uko byari byitezwe kuko wakozwe n’abantu bake cyane baturiye aho wagombaga kubera. Mu rukerera rwo ku itariki 19/05/2012, mu mujyi wa Nygatare abaturage bari batangiye guhamagarana ngo bajye mu muganda [...]
May 15th, 2012
Residents of Kageyo cell, Mwili sector in Kayonza district are worried after the road that connects them to Mukarange sector flooded. The road passes through Kageyo swamp which looks like a lake due to stagnant water. Residents have to walk in water to cross to the other side. Mukarange being the town of Kayonza, residents [...]
May 11th, 2012
Imvura nyinshi imaze igihe igwa mu karere ka Nyamagabe ikomeje kwangiza ibintu bitandukanye guhera ku bikorwa by’abaturage kugeza ku bikorwa remezo cyane cyane imihanda. Imihanda yo mu karere ka Nyamagabe ikomeje kwangirika kubera inkangu ziri guterwa ahanini n’imvura nyinshi iri kugwa muri aka karere.Myinshi mu mihanda yangiritse ni imihanda y’igitaka iri muri aka karere n’umuhanda [...]
May 10th, 2012
Abaturage bo mu mu kagari ka Kageyo mu murenge wa Mwili mu karere ka Kayonza, ubu bari mu bwigunge nyuma y’uko umuhanda ubahuza n’umurenge wa Mukarange urengewe n’amazi. Uyu muhanda uca mu gishanga cya Kageyo, ahari iteme ryambukiranya icyo gishanga kugira ngo umuntu yinjire mu kagari ka Kageyo. Iki gishanga cyuzuye amazi ku buryo haretsemo [...]
May 8th, 2012
Due to heavy rains and sandy soils on the hills, land slide has blocked Mugoroba road making it impossible for vehicles and pedestrians. This happened at the end of April2012 in Rambura sector, Nyundo cell, Nyampanika village in Nyabihu district. This comes after the same incident happened on Mukamira-Ngororero road in Rambura sector three months [...]
Copyright © 2013 Ibidikukije – Kinyarwanda, Rwanda Nature, Africa Natural Beauty, Rwanda Environment, Rwanda Forestry, Green Planet.