Archive for: Imihanda

Umuhanda wa Ruhango-Kinazi ukozwemo umuganda nyuma y’ aho utangiye kwangizwa n’ibiza

Apr 30th, 2013

Ruhango: Barasabwa kurwanya Ibiza mbere y’igihe

Abatuye mu karere ka Ruhango barakangurirwa kuba maso igihe cyose bagakumira  ibiza biterwa n’impamvu zinyuranye . Ubu ni bumwe mu butumwa  bwatanzwe n’umuyobozi w’akarere  ka Ruhango Mbabazi François Xavier, mu gikorwa cy’umuganda ngarukakwezi wabaye tariki 27/4/2013. Muri Uyu muganda hakozwe ibikorwa byo kurwanya isuri, hasiburwa umuhanda wa Ruhango-Kinazi ngo urusheho kuba nyabagendwa ku binyabiziga n’abagenzi [...]

Mar 27th, 2013

Rulindo: Abaturage barasabwa gusiba Ibyobo byose birangaye.

Mu karere ka Rulindo hari ahantu hamwe na hamwe hakunze kuboneka ibyobo,iyo ubajije iby’ibo byobo abaturage bavuga ko biba byacukuwemo imicanga, cyangwa amabuye ku baba bashaka ibyo gukoresha mu bwubatsi. Ibyo byobo ubona ko biba birangaye ku buryo bishobora kuba  byahungabanya ubuzima bw’ibinyabuzima utaretse n’ubw’abantu. Nyamara iyo ubajije bamwe mu baturage baba baturiye ibyo byobo [...]

Feb 6th, 2013

Rwanda I Bamwe mubaturiye kaburimbo bamena imyanda mu miferege itwara amazi

Hari imijyi utemberamo ugasanga mumiferege itwara amazi ikikije umuhanda wa kaburimbo abaturage bahafata nk’ingarane bamenamo imyanda yaba imyanda ikomeye ndetse n’amazi mabi aturuka kubikorwa byabo, bikaba byatera ingaruka mbi ku isuku n’ubuzima bw’abantu muri rusange. Nubwo ahenshi mu gihugu cyacu bitabiriye kugira isuku kumihanda no mumihanda rwagati bayikubura ndetse bakanatera indabo kunkengero zayo babinyujije mu [...]

Jan 27th, 2013

Abacuruzi bagicururiza mu mashashi bo mu karere ka Rulindo barasabwa kubireka kuko amashashi yangiza ibidukikije.

Inzego z’umutekano mu karere ka Rulindo, zifatanije n’inzego z’ibanze zo muri aka karere , hamwe n’ikigo gishinzwe kubungabunga ibidukikije REMA, bari mu gikorwa cyo gusaka amashashi mu bacuruzi, mu karere ka Rulindo. Bamwe muri aba  bacuruzi bagicururiza ibintu babifunze mu mashashi ,ngo bakaba basabwa kubireka kuko bitemewe nk’uko bitangazwa na RAMUNI Ernest, umukozi  w’ikigo gishinzwe [...]

residents need compensation after road construction

Dec 26th, 2012

Rwanda | Ngororero: residents need compensation after road construction

Ever since 2 years back when the tarmac road of Muhanga-Ngororero-Mukamira was constructed, residents that neighbor this road have been having problems with Ngororero district over unpaid debts of constructing the road and others for the refund of their properties that were destroyed and are still destroyed by water from this road. Residents who own [...]

Ngororero Abaturiye

Dec 22nd, 2012

Ngororero: Abaturiye ahanyujijwe amazi ava mu muhanda wa kaburimbo bakomeje kwinubira ko abangiriza imitungo

Kuva mumyaka ibiri ishize umuhanda wa kaburimbo Muhanga-Ngororero-Mukamira wuzuye, ruracyageretse hagati y’abaturiye uwo muhanda n’akarere ka Ngororero aho bamwe bavuga ko bambuwe amafaranga bahakoreye naho abandi bakaba bishyuza ibyabo byangijwe nanubu bukaba bicyangizwa. Abafite amasambu yanyujijwemo imiyoboro y’amazi ava mu muhanda wa kaburimbo bakomeje gusaba ko bahabwa ingurane z’ubutaka bwabo kuko nanubu bucyangizwa n’amazi kandi [...]

Ngororero road destroyed after landslides

Nov 9th, 2012

Rwanda : Ngororero road destroyed after landslides

Properties, roads and people in Nyabihu district have been destroyed or lost their lives due to the effects of natural disasters that affects this district and other districts which is in North Western of Rwanda. Among the many properties affected by natural disasters, there is the Mukamira- Ngororero Road which was recently constructed but is [...]

Nov 8th, 2012

Rwanda | Jomba: Umuhanda Mukamira-Ngororero ukomeje kwangizwa n’ibiza ndetse n’isuri

Akarere ka Nyabihu ni kamwe mu turere twakunze kwibasirwa n’ibiza bitandukanye. Abaturage amazu yabo  n’imihanda bikaba ari bimwe mu byakunze kwibasirwa n’ibiza. Umuhanda Mukamira-Ngororero ni umwe mu mihanda yubatswe vuba ariko ukaba ukunze kwangizwa n’inkangu ndetse n’isuri bitewe n’uko unyura mu misozi miremire kandi ifite ubutaka bworoshye. Ibyo bikaba bituma mu bihe by’imvura ubutaka bumanuka [...]

RUSIZI I Nyakabuye Umuhanda

Oct 25th, 2012

Rwanda | RUSIZI: I Nyakabuye Umuhanda urabadindiza mu iterambere

Kuba umuhanda Nyakabuye-Bugarama wangirika mu bihe by’imvura ngo biri muri bimwe bindindiza imirimo y’ubucuruzi  y’abatuye uyu murenge wa Nyakabuye , ubuyobozi bwo bukaba buvuga ko mu rwego rwo guhangana n’iki kibazo bashyizeho imiganda ihoraho yo kurwanya isuri izajya ikazajya ikorwa buri cyumweru. Uyu muhanda uhuza uwo murenge n’iyindi mirenge yo muri aka karere ka Rusizi, [...]

Cluttered Construction waste devastates village roads

Jul 6th, 2012

Rwanda : Cluttered Construction waste devastates village roads

Given the high rate of housing construction in Rwanda, a habit of depositing construction wastes into village roads under the pretense of filling pot holes has developed. A number of Village roads of Rwanda will be found piled with such cement, sand and brick pieces which has raised public outcry by the road users. Muhanga [...]

 
  Enter your email address