Sep 26th, 2012
In order to protect Lake Kivu, residents that lived within 50 metres from the lake in Rusizi district have been shifted to other places by The Decentralization and environmental management project (DEMP). Though it’s not common for shifted residents to confess gratitude over the act, residents in Rusizi say they got necessary help so as [...]
Sep 25th, 2012
Abimuwe muri metero 50 z’ikiyaga cya Kivu mu Karere ka Rusizi hagamijwe kubungabunga iki kiyaga baratangaza ko nta ngaruka byabagizeho, cyane ko bavuga ko basanzwe banasobanukiwe akamaro k’iki gikorwa cyo kubimura, byongeye kandi ngo banafashijwe mu buryo bushoboka bwose kugira ngo uku kwimurwa kutabagiraho ingaruka. Si kenshi usanga abaturage bimuwe bishimira icyo gikorwa; cyakora aba [...]
Sep 18th, 2012
Abaturage bo mu murenge wa Nyabitekeri bimuwe muri metero 50 ku nkengero z’ikiyaga cya Kivu baratangaza ko kwimuka kwabo nta mbogamizi byabateye kuko ubu ubuzima bwabo bumeze neza, ndetse bakaba banakomeje kubona ku nyungu zacyo kuko bakoreramo uburobyi. Munyaneza Telesphore, umwe mu baturage bimutse ku nkengero z’ikiyaga cya Kivu avuga ko mu gihe cyo [...]
Aug 24th, 2012
Abatwara abagenzi mu bwato mu kiyaga cya Burera, kiri mu karere ka Burera, batangaza ko ako kazi bakora kabateza imbere kuko abaturage benshi baturiye icyo kiyaga bakunze gukoresha inzira y’amazi kurusha iy’ubutaka. Ikiyaga cya Burera gikora ku mirenge itandukanye yo mu karere ka Burera. Bamwe mu bayituye iyo bashaka kujya mu yindi mirenge iri [...]
Aug 15th, 2012
Hazakorwa ibishoboka byose ngo ikiyaga cya Karago kizasubirane amazi meza n’ubwiza cyahoranye Ikiyaga cya Karago ni kimwe mu biyaga biri mu karere ka Nyabihu. Iki kiyaga kikaba cyarakunze kwibasirwa n’isuri itewe n’amazi menshi aturuka ku mvura y’umurengera yakunze kugwa mu karere ka Nyabihu, igahitana abantu n’ibintu. Iyi mvura kandi yangije ibidukikije bitari bike n’ikiyaga cya [...]
Jul 17th, 2012
Ubuyobozi bw’akarere ka Nyamasheke burasaba abaturage kwirinda impanuka zitandukanye zikunze kubera mu kiyaga cya kivu gihuza aka karere n’uturere twa Rusizi, Karongi ndetse na Rubavu, kikanahuza akarere ka Nyamasheke na Repubulika iharanira demokarasi ya kongo (RDC). Mu kiganiro n’umuyobozi w’akarere ka Nyamasheke, Habyarimana Jean Batiste, yatangaje ko imfu zitunguranye zagiye zigaragara mu kiyaga cya Kivu [...]
Jun 25th, 2012
Nyuma yo kwerekwa igishushanyo no kuvuga ku nyigo yakozwe mu kubungabunga ikiyaga cya Karago bumvikanye ku ngamba zo kukibungabunga Ikiyaga cya Karago ni ikiyaga giherereye mu murenge wa Karago mu karere ka Nyabihu. Iki kiyaga gikikijwe n’imisozi ya Gishwati ari nayo imanukamo amasuri ahanini akunze kwangiza ikiyaga cya Karago igihe haguye imvura nyinshi. Mu rwego [...]
Jun 13th, 2012
Abatuye ku kirwa cya Mazane mu kiyaga cya Rweru mu karere ka Bugesera baratangaza ko kubura ubwato bwihuta bibabera inzitizi ku buhahirane n’imigenderanire hagati yabo ubwabo n’abadatuye kuri icyo kirwa. Uretse gukoresha Kajuguhugu, kunyura inzira y’amazi mu bwato niyo nzira yindi ishoboka yo kujyayo kuko icyo kirwa kizengurutswe n’amazi kandi akaba afite intera igera kuri [...]
Jun 7th, 2012
Bamwe mu bakoresha amazi y’ikiyaga cya Muhazi bavuga ko ku nkengero z’icyo kiyaga hamaze iminsi hagaragara isuku nkeya. Abantu bataramenyekana ngo baza kwituma ku nkengero z’ikiyaga, hakaba hari impungenge ko uwo mwanda waba wivanga n’amazi kandi abaturage bayakoresha mu bikorwa bitandukanye. Kubera ikibazo cy’uko hari umubare [...]
Jun 1st, 2012
N’ubwo inzego nyinshi zahagurutse mu kubungabunga ikiyaga cya Karago haterwa ibiti ku misozi imanukaho amazi yangiza imigezi ikisukamo,ariko nticyabuze kwangirika bitewe n’imvura nyinshi Ikiyaga cya Karago ni kimwe mu biyaga biri mu karere ka Nyabihu kikaba cyari gifite ha 27 mbere y’uko cyangizwa n’isuri yagiye iterwa n’imvura nyinshi yaguye mu karere ka Nyabihu, bigatuma amazi [...]
Copyright © 2013 Ibidikukije – Kinyarwanda, Rwanda Nature, Africa Natural Beauty, Rwanda Environment, Rwanda Forestry, Green Planet.